ESG News For Hino Motors, Ltd.
These sites contributed news to this page:
-
Kuri miliyoni z’abantu batuye muri Afurika y’Uburasirazuba bwo hagati, ibyago byo kwandura malariya ni ikintu gihangayikishije abantu buri munsi. Nk’uko Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye Ryita ku Buzima (WHO) ribivuga, Abantu bagera kuri 90 ku ijana mu Rwanda bugarijwe n’indwara ya malariya. Kugira ngo dufashe kurinda abantu ibyago byo kwandura no gukemura ibindi bibazo birebana n’ubuzima bw’abaturage, SC Johnson yatangaje uyu munsi ubufatanye yagiranye na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda n’Umuryango
We use cookies to improve the usability of our site and to analyze traffic patterns so we can improve our utility. Please agree to our use of cookies.